Home
     TWANDIKIRE
     SEKA
     URWENYA
     AMAKURU
     IBISAKUZO
     IMITOMA

Sans progrès, il n'y a pas de paix possible. Sans paix, il n'y a pas de progrès possible. (Kofi Annan). Ne nous reposons pas sur nos acquis, mais efforçons-nous de construire la paix, de vouloir que la paix soit dans le coeur et dans l'esprit de chacun.


WELCOME TO IBAMBE - URWENYA




URWENYA!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!


- Reka dukomeze twsisekere: Umushoferi ndavuga babandi batwara imodoka, yaratwaye abantu bane maze akora impanuka bose uko arfi bane barapfa asigara wenyine! Maze police iza muri investigatitions iramubaza iti:
* Police: Wari utwaye abantu bangahe?
* chauffeur: Bane nyakubahwa.
*Police: Hanyuma urabica?
*chauffeur: Yego nyakubahwa!
* Police: Hari ikindi wongeraho?
*chauffeur: None se nyakubahwa ni inde      uzabishyurira amafaranga ya transport? ahhhh!

-Abasazi babiri barahuye maze umwe abaza undi atgi: amakuru ki se? maze aramusubiza ati: nsize Radio igiye kuyarangiza!
   maze uwambere aramubwira ati nakubazaga niba uraho? undi aramusubiza ati si ndi aho ndi hano!!!!!!!!!!!

- umugabo mugufi yahuye n'uwigikara maze aramubwira ngo uri igikara kuburyo iyo umubu ugiye kukuruma witwaza itoroshi!
Maze wawundi w'igikara ahita amusubiza ngo wowe uri mugufi kuburyo iyo bagufotoye passeport iza ari full-size!!!!!!!!

-Umukecuru yagiye kubitsa amafaranga afata igikapu cyuzuye amafaranga arashogoshera no kuri banki agezeyo ati munyereke aho Diregiteri wa banki ari! baramubaza bati uramushakira iki se? Ati nyawundi njye umbikira ni deregiteri wenyine! Ni uko bamwereka  ibiro bya deregiteri wa banki maze ahita afungura igikapu deregiteri agiye kubona abona  ni abifaranga byinshi(100.000.000) ni uko niko kubaza nyamukecuru ati amafaranga angana atya wayakuye he?  umukecuru ati ubu undeba nkunda gutega, ati ntega n'abantu nkabatsinda ati ndetse nawe dutege niba ubishaka?: Amabya yawe ntago ari mpande enye?  Deregiteri akoraho yumva si mpande enye ati nshyizeho millioni imwe(1.000.000) Umukecuru arahaguruka abwira deregiteri ati reka ntahe ejo nzazana umwavoka (Avocat) wanjye maze turebe ko ntazagutsinda! arataha Deregiteri arara akoraho yumva ko atabaye mpande enye, bukeye umukecuru azindukira kuri banki na wa mugabo maze agera mubiro bya Deregiteri aramubwira ati ngaho kuramo ipantaro nkoreho ndebe ko atari mpande enye. Nuko deregiteri akuramo umukecuru arayafata Deregiteri agiye kubona abona wa mwavoka arimo arhonda inkuta ibipfunsi niko kubaza ati ese by'uriya mwavoka wawe? Aramubwira ati uriya nawe ejo twategeye 12.000.000 ko uyu munsi ndaba mfite amabya ya Deregiteri mu ntoki zanjye, none buriya ari kwibaza ukuntu azayanyishyura! ahhhhaaaaa!!!!!!!!!!!

-Umugabo yari agiye kwimuka maze umuturanyi wabo araza abaza umwana ati niko sha mugiye kwimukira iki? umwana ati buriya inzu yacu uko uyibona ni nto cyane, maze PAPA arara hejuru ya MAMA!!!!!! haaahahahahahaha!

- Umugabo umwe yagiye kugura indayi agezeyo agiye gutangira igikorwa abona nta twoya twibereyeho( Udusya) niko kubaza yandayi ati ese ko nanstya ufite/ Nyamukobwa aramusubiza ati ese wigeze ubona inzira nyabagendwa  ( bahora bagendamo) imeramo utwatsi

Umugabo yafashe inuma ngo ajye kuyirya iramubwira iti : “Reka nkubwire ikintu kimwe nako bitatu ubone undye”. Icya mbere : Ikintu cyakugeze mu ntoki ntikikaguhende ubwenge ngo ukirekure, icya kabiri : ntukababazwe n’icyo wakoze. Iti : “Ndekura nkubwire icya gatatu cy’ingenzi”. Arayirekura irigurukira. Inuma iti : “Waba umupfu urakanyagwa”. Na bibiri bya mbere ntiwabyubahirije none nkubwire ikindi ?”

 

Umupasitoro w’Umugande yasuye abarokore bo mu Rwanda akenera umusemuzi. Usemura akagira icyongereza gike. Aratangira ati : « Alleluya, Amen. God bless you ». Usemura ati :“Alleluya Imana ibakomeretse”. Pasitoro ati : “Amen, When I was in Johannesburg”. Umusemuzi ati : “Ubwo nari mu mufuka wa Yohani”. So many types of carbags, ati : “Nahasanze za karazibaga, zikennye cyane z’amoko yose”.

 

Umugabo yasezeranye n’umugore we ko uzajya ahemukira undi azajya ashyira igishyimbo mu cyibo. Umwe afata icye n’undi icye. Ku munsi mukuru bibuka imyaka 50 bamaze babana, umukecuru azana icyibo cye arira, ati : « Rwose umbabarire dore harimo ibishyimbo bitatu ». Umugabo nawe apfundura icye, umukecuru arushaho kurira avuga ko yahemukiye umugabo kandi ko w enta na rimwe kuko icyibo cye cyarimo ubusa. Umugabo amubwira yisekera ati : « Ceceka mugore, ahubwo nanjye umbabarire kuko biriya bishyimbo twariye mu kwezi kwa kane n’ukwa gatanu ndetse n’ukwa gatandatu nabivanye mu cyibo cyanjye ».

 

Muganga yagiye gusura abarwayi bo ku bitaro aherekejwe n’umuforomokazi. Ageze iruhande rw’igitanda cy’umurwayi usa n’ubabaye cyane, muganga aravuga ati : « Ndabona uriya amaso ameze nabi nimumujyane mu buruhukiro kuko yapfuye ». Umugabo ashyira ijwi ejuru, ati : « ashwi ndi muzima ». Umuforomokazi aramukankamira, ati : « Ceceka, urusha muganga ubwenge ? » Ahamagaye abataravayeri bo gutwara umurambo, umugabo arabyuka ariruka ! ».

 

Mu Ruhengeri ingagi yagiye mu kabari. Ishyira inoti y’igihumbi ku meza yaka icupa, maze nyir’akabari yibwira ko nta bwenge izi ayigarurira 100 gusa ayibwira neza ati : « Kukubona ndumva binshimishije, kuko ubusanzwe nta ngagi nyinshi zijya zinywera hano ». Nayo iti : « Ntizikahaze niba muzica 900 ku icupa rimwe ».

 

Umugore w’inyonjo yagendanaga n’uw’amatwi manini. Uw’amatwi abwira uw’inyonjo ati : « Simbagiza umwana tugende dore imvura iraguye ». Uw’inyonjo ati : « Ese wantije umutaka umwe ko mbona ufite ibiri nkamutwikira ? ».

 

Umugabo yifatiye undi, ati : “Ubu mvuye muri Amerika, Uburayi ndetse n’Aziya, ati mbese ubu nta mugabane w’isi ntagezemo”. Undi, ati : “Ubanza ugarutse uzi géographie yose”. Uwabeshye, ati : “Yababaaa !!! Ubwo naba narajyanywe n’iki ntarageze muri géographie (gewogarafi), narayeyo gatatu kose”.

 

Umugabo, umugore n’umwana wabo bari bicaye ku kiyaga bota akazuba. Hari abantu benshi baje koga, imbere yabo hanyura umukobwa wari wambaya utwenda bogana. Umugore abona umwana wabo amwitegereza abwira umugabo ati : “Umwana wawe amaze gukura !”. Barakomeza baricara, hashize akanya undi mukobwa wari wambaye agakariso gusa aratambuka maze wa mugabo aratangara, ati : “Yoo !” Umugore amukubita inkokora ati : “Ariko ubwo uzi ko ukuze cyangwa urashaka kurushanwa amerwe n’umuhungu wawe ?”

 

Abapasitori batatu baciye ahantu ku gasozi bajya inama yo kubwirana utugeso duto twabo kugira ngo basabirane bababarirwe. Uwa mbere ati : « Rero bene data, jyewe akayoga ngotomeraho ». Uwo baramusabira. Undi, ati : “Nkunda kwikinisha (masturbation) kandi mfite umugore nkunda cyane n’ikimenyimenyi ejo bundi naramusomye !” Nawe arasabirwa. Uwa gatatu ati : “Yewe bahungu iyanjye sinzi niba nzayicikaho, jyewe ndazimura cyane, sinzi guhisha icyo numvise !” Abandi bakubitwa n’inkuba bati : “Ibyo twavuze byose azabivuga !”


Today, there have been 1 visitors (1 hits) on this page!

NSHUTI NKUNDA UZAGERAGEZE UKURIKIZE IBI BINTU BIZAGUFASHA MUBUZIMA BWA BURI MUNSI:


UN

Donnez aux autres plus que ce qu'ils attendent et.
Faites-le avec plaisir !

DEUX

Mariez-vous à un homme/une femme avec qui vous aimez discuter. En vieillissant, converser sera une activité aussi importante que les autres.

TROIS

Ne croyez pas tout ce que vous entendez. Ne dépensez pas tout ce que vous avez et ne dormez pas tant que vous voulez.

QUATRE

Quand vous dites « je t'aime » soyez-en convaincu.

CINQ

Quand vous dites « je m'excuse », regardez la
personne dans les yeux.

SIX

Fiancez-vous au moins six mois
avant de vous marier.

SEPT

Croyez au coup de foudre.

HUIT

Ne riez jamais des rêves d'un autre. Les gens qui n'ont pas de rêves n'ont pas grand chose.

NEUF
Aimez profondément et passionnément. Vous pouvez être blessé mais c'est la seule façon de vivre intensément.

DIX

En désaccord, combattez dignement.
SVP pas d'insultes.

ONZE

Ne jugez pas les autres par leur famille.

DOUZE

Parlez lentement mais pensez rapidement..

TREIZE

Quand quelqu'un vous pose une question à laquelle vous ne voulez pas répondre, souriez et demandez: « Pourquoi veux-tu savoir ? »

QUATORZE

Rappelez-vous que les grands amours et les grandes réalisations impliquent de prendre des risques.

QUINZE

Dites « Dieu te bénisse »
quand quelqu'un a éternué.

SEIZE

Quand vous perdez, ne perdez pas la leçon..

DIX-SEPT

Rappelez vous les 3 R :

Respect pour vous ;

Respect pour les autres ;

Responsabilité pour toutes vos actions.

DIX-HUIT

Ne laissez pas une petite dispute
blesser une grande amitié.

DIX-NEUF

Quand vous réalisez que vous avez fait une erreur, prenez immédiatement les mesures
pour la corriger.

VINGT

Donnez aux autres une deuxième chance.
Tout le monde peut faire des erreurs.
Ce sont des humains.


VINGT ET UN

Faites l'amour aussi souvent que possible.

VINGT-DEUX

Souriez quand vous décrochez le téléphone.
Votre interlocuteur l'entendra dans votre voix.
This website was created for free with Own-Free-Website.com. Would you also like to have your own website?
Sign up for free